Skip to content
February 6, 2023

Muhanga Live

Isoko yamakuru

ss

ghyf

  • Ahabanza
  • amakuru
    • Mu Rwanda
  • imyidagaduro
  • siporo
  • Hanze
  • Inkuru z’urukundo
  • Amatangazo
  • Contact Us
  • About Us
Main Menu

Mu Rwanda

Mu Rwanda

Rwamagana:Uwari Gitifu w’Akagali nyuma yo kunywa inzoga agasinda yaraye mu muringoti

December 15, 2022 - by Muhangalive - Leave a Comment

Uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Bihembe  mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, yandikiye Umuyobozi w’Akarere amumenyesha ko yasezeye ku kazi ku mpamvu ze bwite, nyuma y’aho anyweye inzoga …

Rwamagana:Uwari Gitifu w’Akagali nyuma yo kunywa inzoga agasinda yaraye mu muringoti Read More
Mu Rwanda

Rwanda:Hamenyekanye ikiri gutuma amakamyo ya HOWO akora impanuka umunsi ku wundi

December 13, 2022December 13, 2022 - by Muhangalive - Leave a Comment

Hamaze igihe humvikana impanuka z’ imodoka zo mu bwoko bwa HOWO mu Rwanda mu bice bitandukanye by’igihugu byumwihariko hari imaze iminsi micye ibereye mu karere ka Muhanga mu murenge wa …

Rwanda:Hamenyekanye ikiri gutuma amakamyo ya HOWO akora impanuka umunsi ku wundi Read More
Mu Rwanda

Bad Rama ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we

December 13, 2022 - by Muhangalive - Leave a Comment

Umuryango wa Bad Rama wakiriye inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umubyeyi w’uyu mugabo witabye Imana aguye mu bitaro bya CHUK. Bad Rama yahamirije igihe aya makuru, ati “Mu ijoro ryo ku wa …

Bad Rama ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we Read More
amakuru / Mu Rwanda

Nyamasheke:Umwana wari wasizwe n’ababyeyi Ingurube yamuriye arapfa

November 29, 2022 - by Muhangalive - Leave a Comment

Umwana w’umukobwa w’imyaka itatu n’igice wo mu kagali ka Kibogora,mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke,yariwe n’ingurube y’iwabo imusanze munzu ababyeyi be bari bamusize bagiye ku kazi imurya umutwe …

Nyamasheke:Umwana wari wasizwe n’ababyeyi Ingurube yamuriye arapfa Read More
imyidagaduro / Mu Rwanda

Producer Junior Multisystem ubuzima bwe buri mu kaga

November 28, 2022November 28, 2022 - by Muhangalive - Leave a Comment

Ubuzima bwa Karamuka Jean Luc wamamaye kwizina rya Junior Multisystem uri mu ba Producer beza u Rwanda rwagize bukaba buri mu kaga nyuma yaho asabye abantu kumusengera. Amakuru avuga ko …

Producer Junior Multisystem ubuzima bwe buri mu kaga Read More
Mu Rwanda

Muhanga:Umujura yahisemo kwiyahura ubwo bari baje mu rugo rwe kumwishyuza ibyo yibye

November 27, 2022November 27, 2022 - by Muhangalive - Leave a Comment

Umugabo ukekwaho ubujuro yahisemo kwiyahura ubwo bari baje mu rugo rwe kumwishyuza ibyo akekwaho kwiba,gusa imana ikinga ukuboko bahita bamutabara atarashiramo umwuka. TV1 dukesha iyi nkuru  yatangaje ko umugabo wo …

Muhanga:Umujura yahisemo kwiyahura ubwo bari baje mu rugo rwe kumwishyuza ibyo yibye Read More

Recent Posts

  • Grammy Awards 2023: Beyoncé yanditse amateka
  • Mama yansabye kumuha umwuzukuru mfite imyaka 14
  • Quavo azaha icyubahiro nyakwigendera Takeoff mu itangwa rya Grammy awards 2023.
  • Abaganga bakuye urwembe mu nda y’umugore nyuma y’imyaka 11
  • Beyonce yamaze gutangaza imijyi agiye gukoreramo ibitaramo

Recent Comments

No comments to show.

Archives

  • February 2023
  • January 2023
  • December 2022
  • November 2022

Categories

  • amakuru
  • cyamunara
  • Hanze
  • imyidagaduro
  • inkuru nyamukuru
  • Mu Rwanda
  • Siporo
  • UBUZIMA
  • Uncategorized

Latest Posts

imyidagaduro

Grammy Awards 2023: Beyoncé yanditse amateka

February 6, 2023February 6, 2023 - by Muhangalive - Leave a Comment

Umwamikazi Beyonce, abaye umuhanzi wa mbere  ku isi  ufite ibihembo byinshi bya Grammy Awards mubihe byose. Beyonce Afite ibihembo 32 byose hamwe. Ibi ni nyuma yo gutsindira ibihembo 4 muri …

Mama yansabye kumuha umwuzukuru mfite imyaka 14

February 4, 2023February 4, 2023

Quavo azaha icyubahiro nyakwigendera Takeoff mu itangwa rya Grammy awards 2023.

February 3, 2023

Latest Posts

imyidagaduro

Grammy Awards 2023: Beyoncé yanditse amateka

February 6, 2023February 6, 2023 - by Muhangalive - Leave a Comment

Umwamikazi Beyonce, abaye umuhanzi wa mbere  ku isi  ufite ibihembo byinshi bya Grammy Awards mubihe byose. Beyonce Afite ibihembo 32 byose hamwe. Ibi ni nyuma yo gutsindira ibihembo 4 muri …

Mama yansabye kumuha umwuzukuru mfite imyaka 14

February 4, 2023February 4, 2023

Quavo azaha icyubahiro nyakwigendera Takeoff mu itangwa rya Grammy awards 2023.

February 3, 2023

Copyright © 2023 Muhanga Live.
Powered by WordPress and HitMag.